in

Kubura amahitamo byatumye umugabo arongora abagore bane icyarimwe(AMAFOTO)

Umucuruzi ukomeye witwa Mesmine Abessole yashyingiranywe n’abagore be bane icyarimwe aribo: Madeleine Nguema, Prisca Nguema, Nicole Mboungou, Carene Sylvania Aboghet mu birori byabereye i Libreville, muri Gabon. Ibirori byari ibirori bikomeye byitabiriwe n’abatari bake.

Kugira abagore benshi ni bimwe mubikorwa bizwi kumugabane wa Afrika. Benshi bavuzwe ko barongoye abagore barenze umwe. Bigaragara ko uyu mucuruzi wo muri Gabon agerageza kugaragara mu gitabo cya Guinness kuko yashakanye n’abagore bane icyarimwe mu birori bikomeye.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga kuri Twitter ariko bakiriye amafoto y’uyu mucuruzi hamwe nabagore be bane bose bambaye neza. Bivugwa ko yafashe icyemezo cyo gushyingiranwa nabo nyuma yo kubura amahitamo, kuko bose ari beza ,biģatuma ahitamo kubana nabo bose icyarimwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusifuzikazi w’umunyarwanda yanditse amateka adasanzwe ku mugabane wose.

Biteye agahinda : Umukobwa muto benshi bakomeje kwita zombie