in

Biteye agahinda : Umukobwa muto benshi bakomeje kwita zombie

Byukusenge Alice akomeje gutera agahinda benshi kubera ukuntu yavutse ameze ndetse benshi mu baturanyi bakomeje kumuvugiraho amagambo atari meza aho usanga bavuga ngo dore uko gisa cg ngo asa na zombie.Ibintu bikomeza kumutera ipfunwe cyane kandi atari we wiremye.

Byukusenge akunze kugira ikibazo cyo guhumeka Kubera uburyo amazuru ye ateye bitandukanye bityo biramugora cyane iyo ashatse guhumeka.

Bitewe nibyo benshi bakomeza ku mubwira bituma yiheba bityo akabura uwamuha icyizere akwiriye nk’abandi bana.

Byukusenge akomeza avuga ko afite ikibazo ko cyo kuzabona umugabo dore ko abahungu bose banze kugira icyo ba mubwira bitewe nuko ameze bityo bikomeza kumutera kwiheba.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kubura amahitamo byatumye umugabo arongora abagore bane icyarimwe(AMAFOTO)

Umugeni wateruye icyuma ku munsi w’ubukwe akomeje kuvugisha benshi (video)