in

Kubera kwitwara nabi, Cristiano yakaswe umushahara bamunganya n’abakinnyi baciriritse

Rutahizamu wa Manchester united n’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo arimo ashaka uko yava muri Manchester United ngo yerekeze ahandi yazakina Champions league.

Uretse kuba atishimiye kuba mu ikipe izakina Champions league, uyu rutahizamu yababajwe cyane n’ukuntu bamukase umushahara we nubwo byari buri mu masezerano yasinye muri Manchester United.

Amakuru aravuga ko umushahara wa Ronaldo wagabanutse uva ku bihumbi 480.000 by’amapawundi buri cyumweru ugera ku 360.000 ku cyumweru.

Muri Manchester United amasezerano avuga ko iyo bananiwe kujya muri champions league bakatwa 25% akaba ariho bamukade ayo mafaranga yose.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko byari bimeze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umwana wa Miss Muyango na Kimenyi Yves (video)

Hari undi mugabo uri kumfasha ariko ndumva ntashaka gusenya || Nawe wamugira inama