in

Kubera kutiyizera ku ndeshyo ye, umunyarwenya Eric Omondi yisunze udutebe ubundi aduhagararaho kugira ngo abafana bamubone (AMAFOTO)

Kubera kutiyizera ku ndeshyo ye, umunyarwenya Eric Omondi yisunze udutebe ubundi aduhagararaho kugira ngo abafana bamubone.

Umunyarwenya Eric Omondi uri mu bakomeye mu mwuga wo gutera urwenya muri Afurika, yasekeje abanya-Kigali karahava mu gitaramo cy’urwenya Seka Live

Uyu munyarwenya ukomoka muri Kenya, yifashishije indirimbo y’Umuhanzi Meddy agaragaza uburyo abanyarwanda batuje cyane, ikintu kibatandukanya n’abandi bany’Afurika.

Ubwo yari ari ku rubyiniro yaje kuhava ajya guhagarara ku ntebe kugira ngo abafana be bamubone.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yafashe itike yo kwinjira kuri Police FC iyishyira ku giciro kingana n’ikiro cy’umuceri kugirango abafana babe benshi

Nyuma ya Osaluwe na Mbirizi Eric undi munyamahanga w’ikipe ya Rayon Sports iri joro rishobora kumusiga yasinyiye ikipe iyoboye kugeza ubu hano mu Rwanda