in

Kubera ibyishimo izuba ntabwo yaryumvaga: Umuhanzi Chris Eazy yamaze kugera muri Zambia aho agiye gutaramira aherekejwe na Bossi we Junior Giti -AMAFOTO

 

Kubera ibyishimo izuba ntabwo yaryumvaga: Umuhanzi Chris Eazy yamaze muri Zambia aho agiye gutaramira aherekejwe na Bossi we Junior Giti.

Umuhanzi Rukundo Christian wamamaye cyane ku izina rya Chris Eazy yageze i Lusaka muri Zambia aho biteganyijwe ko azataramira abutuye mu murwa mukuru wa Lusaka ku wa gatandatu tariki 26 Kanama 2023 aho yari aherekejwe n’umujyanama we Junior Giti.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Uwo mukondo uwakozaho urutoki! Judy yagizwe nk’urubuga baganiriraho kubera ifoto yashyize hanze umukondo we yawurangaje maze abwirwa amagambo na we ubwe atabasha gusobanukirwa -IFOTO

Umukino uzahuza u Rwanda na Senegal ntukibereye mu Rwanda bitunguranye

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO