in

Kubera ibyishimo izuba ntabwo yaryumvaga: Umuhanzi Chris Eazy yamaze kugera muri Zambia aho agiye gutaramira aherekejwe na Bossi we Junior Giti -AMAFOTO

 

Kubera ibyishimo izuba ntabwo yaryumvaga: Umuhanzi Chris Eazy yamaze muri Zambia aho agiye gutaramira aherekejwe na Bossi we Junior Giti.

Umuhanzi Rukundo Christian wamamaye cyane ku izina rya Chris Eazy yageze i Lusaka muri Zambia aho biteganyijwe ko azataramira abutuye mu murwa mukuru wa Lusaka ku wa gatandatu tariki 26 Kanama 2023 aho yari aherekejwe n’umujyanama we Junior Giti.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwo mukondo uwakozaho urutoki! Judy yagizwe nk’urubuga baganiriraho kubera ifoto yashyize hanze umukondo we yawurangaje maze abwirwa amagambo na we ubwe atabasha gusobanukirwa -IFOTO

Umukino uzahuza u Rwanda na Senegal ntukibereye mu Rwanda bitunguranye