in

Kuba ugihumeka si uko uri igitangaza cyangwa uri igishongore kuruta abapfuye: Abantu bagendaga mu muhanda bahuye n’iherezo ryabo nyuma y’uko imodoka ibashije hagasigara umukungugu(Videwo)

Kuba ugihumeka si uko uri igitangaza cyangwa uri igishongore kuruta abapfuye: Abantu bagendaga mu muhanda bahuye n’iherezo ryabo nyuma y’uko imodoka ibashije hagasigara umukungugu(Videwo)

Bamwe mu bantu bigira ibikomerezwa ndetse abenshi ntago baba bumva ko bazapfa vuba, nyamara ni uko urupfu turugendana.

Amwe mu mashusho yasakaye hirya no hino ari mu yashimangira ko isaha n’umunsi byumuntu azapfira ho nta bibaho ahubwo igihe icyo aricyo cyose yagenda.

Muri aya mashusho abantu 2 baba bari kugenda mu muhanda imodoka ituruka ruguru ifite umuvuduko mwinshi igahita ibahitana ibintu bigoye ko impanuka nkiriya wayirokoka .

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ngwino wumve ukuntu ubugabo butisubiye bubyara ububwa! Umugabo w’imyaka 45 yifungiranye mu nzu maze arayitwika nyuma y’uko umugore we yanze kumutekera inkoko

“Umwe aratera undi akikiriza” Imitoma iravuza ubuhuha hagati ya The Ben n’umukunzi we