in ,

Ku musatsi usa umweru nk’umuceri utagira ibirungo, Byiringiro Lague n’umugore we Kelia bakoreye umwana wabo isabukuru y’amavuko nyuma yo kuzuza amezi avutse (AMAFOTO)

Byiringiro Lague n’umugore we Kelia bakoreye umwana wabo isabukuru y’amavuko nyuma yo kuzuza amezi avutse.

Nyuma yo kugaruka mu Rwanda, Byiringiro Lague yahise akorera umukobwa we isabukuru y’amavuko.

Yakorewe isabukuru y’amavuko nyuma yo kuzuza amezi 10 avutse.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Byiringiro Lague yasangije abamukurikira uko byari bimeze mu mafoto.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Davis D ari kuririra mu myotsi nyuma yo gushora akavagari k’amafaranga ibyo yashoyemo bigakuburwa nk’umusenyi wo mu mpeshyi

Rayon Sports yatwawe umukinnyi n’ikipe bituruka mu ntara zimwe