in

Ku modoka asumba: Kenny Sol yongeye kugaragara ndetse anavuga ko asigaye akomeye kurusha uko mumuzi (AMAFOTO)

Umuhanzi nyarwanda ugezweho muri iyi minsi, Kenny Sol yagaragaye ari imbere y’umuzinga w’imodoka wo mu bwoko bwa Benz.

Yigaragaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yahise aca amarenga ko hari umushinga ukomeye ari gukoraho.

Ku mafoto yasohoye kuri urwo rubuga, yarengejeho amagambo agira ati: “Ndakomeye cyane kurusha mbere.”

Ayo magambo kandi yanayatangaje ku rukuta rwe rwa Twitter mu buryo bwa Hashtag, ibintu byaciye amarenga ko hari umushinga ari gutegurira abafana be.

AMAFOTO

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umutware wanjye, Papa Kwanda” Umuhanzi Clarisse Karasira yatakagije umugabo we na Nyirabukwe wamubyariye umugabo wagize isabukuru

“Bikunda ubuyobozi bwatekereza uko bwabona unsimbura” Chairman wa APR FC yaciye amarenga ko ari hafi kuva muri iyo kipe ndetse agira n’icyo avuga ku kuyobora FERWAFA