in

Ku Gisimenti! Umukobwa bivugwa ko akora umwuga wo kwicuruza akubiswe ivide mu mutwe barawumena ubwo yari mu kabari ndetse bahita banakamufungiramo banga ko asohoka

Ku Gisimenti! Umukobwa bivugwa ko akora umwuga wo kwicuruza akubiswe ivide mu mutwe barawumena ubwo yari mu kabari ndetse bahita banakamufungiramo banga ko asohoka.

Ahazwi nko Mugisimenti i Remera, umukobwa buvugwa ko yicuruza akubiswe ivide bamumena umutwe.

Amakuru avuga ko banyiri akabari bakomeje kwicururiza n’umuziki mwinshi.

Kugeza ubu iwahondaguwe afungiwe muri aka kabari ngo nyirako arakomeye.

Nk’uko byatangajwe na Ndahiro Valens Papy Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, ngo uyu mukobwa ntiyatabawe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunsi w’Umuganura: Sobanukirwa impamvu mu Rwanda twizihiza umunsi w’Umuganura, Ese hakorwaga iki kugirango uwo munsi wizihizwe? -AMAFOTO

Disi ntabwo byari byoroshye! Umuraperikazi Oda Paccy mu magambo afite byinshi asobanuye ku buzima bwe yatangaje urugendo yanyuzemo rumeze nk’intambara igoye gutsinda