in

Ku Gacuri habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yagwiriye inzu ibamo abantu Imana igacyinga akaboko (AMAFOTO)

Ku Gacuri habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yagwiriye inzu ibamo abantu

I Musanze mu murenge wa Muhoza, bwuzuri hazwi nko ku Gacuri habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yagwiriye inzu.

Iyi modoka yari irimo umushoferi na tandiboyi bose bavuyemo ari bazima.

Umushoferi we yakomeretse byoroheje, aho  bivugwa ko iyi modoka yabuze feri.

Ibinyujije ku rukuta rwa X, Polisi y’u Rwanda uvuga ko yamaze kumenya ayo makuru.

Ati: “Muraho, aya makuru twayamenye. Abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bahageze.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore Application zo muri telefone zidakunze kubura muri telefone z’abakobwa b’abasirimu

UPDATE! Ku munota wa 14 ibintu bihinduye isura ku mukino w’Amavubi na South Africa i Huye