in

Koko se nibyo?: Chriss Eazy ukuri kose yagushyize hanze ku makuru avuga ko yaba yaramaze gutandukana na Junior Giti

Hamaze iminsi havugwa amakuru y’uko umuhanzi Rukundo Nsengiyumva Christian wamamaye cyane ku izina rya Chriss Eazy yaba yaramaze gutandukana na Bugingo Bonny uzwi ku izina rya Junior Giti.

Chriss Eazy yatangaje ko aya makuru atari ukuri bitewe n’uko atigize atandukana na Junior Giti ushinzwe ku reberera inyungu ze mu bya muzika uyu musore avuga ko impamvu yatumye abantu batangira kuvuga aya magambo ari uko babonaga Giti atagikunda kumuherekeza cyane aho agiye nk’uko byari bisanzwe.

Chriss avuga ko impamvu yateye ibi byose ari uko Junior Giti yarwaje umubyeyi we bikaba ngombwa ko ajya kumwitabaho.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ko ufite ubwoba ubwo nta cyo wicyeka ra?” Shaddy Boo ahangayikishijwe n’abagabo bajya gupimisha abana rwihishwa ngo barebe niba koko ari ababo 

Utazi agaciro k’amaguru abyinira inzoga! Umunyarwenya Kanyombya wa Kanyombinyo akomeje gutwenza abatari kubera ibintu yakoreye i Burundi