in

“Kobwa yange” Bahati Makaca yateye imitoma umugore we biramurenga

Bahati wamamaye cyane mu gukina ama filime mu Rwanda, ndetse akaba yaranigeze kuba umuhanzi mu itsinda rya Just Family yatomoye umugore we imitoma idasanzwe nyuma y’Ukwezi bamaze barushinze.

Ni ubutumwa yanyujije ku mbuga ze nkoranyambaga aho yagaragazaga urukundo rudasanzwe akunda umugore we ndetse avuga ko azamukunda kugeza apfuye.

Yagize ati” Uyu munsi Ukwezi kurashize ,Uwiteka angabiye impano yampaye, umugore mwiza cyane Cecile nzagukunda kurusha uko wigeze ubyifuza cyangwa ubirota, ndagukunda, mugore mwiza Kobwa Yange”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu ikipe ya Rayon Sports hongeye kugaragaramo imico iteye ubwoba benshi bibaza ikiri kuba muri iyi kipe

Ikipe ya Rayon Sports ishobora gukina umukino wa mbere wa CAF Confederations Cup idafite Madjaliwa na Manou kubera ikipe y’igihugu y’u Burundi