in

“Ko ndeba Isi yakogoshe” Abantu benshi bacitse ururondogoro nyuma yo kubona Axel Rugangura atambaye ingofero 

Hari abantu benshi batigeze babona umunyamakuru, Axel Rugangura wa Radiyo Rwanda atambaye ingofero kubera ko buri gihe yayihoragamo.

Gusa ariko ku cyumweru tariki 3 Nyakanga 2023, uyu munyamakuru uzwi mu biganiro by’imikino ndetse no kogeza amakipe, yaje kugaragara atambaye ingofero.

Kugira ngo agaragare atambaye ingofero, ni uko yari ari umwe mu basore bambariye umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul wasezeranye na Nkusi Goreth.

Byatumye abantu benshi bacika ururondogoro nyuma yo kubona mu mutwe wa Axel Rugangura hatarimo ingofero:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘Ubanza yafatiye mo ibikoresho by’ubwubatsi’ Abatagenzwa n’akamwe bibasiye The Ben wari wifatiye mu mifuka y’ipantaro ye ubwo yari kumwe n’umugore we Pamela

Akura abandi basore akakuzanira! dore ibimenyetso simusiga bigaragaza ko umukobwa akwemera bidasanzwe