in

“Ko ndeba haje gushya “-Umusizi Rumaga n’umuhanzi Alyn sano bagaragaye mu mashuka amwe

Umusizi Junior Rumaga umaze kwigarurira imitima y’abenshi kubera ubuhanga mu bisigo bye bitandukanye yongeye guteguza igisigo abakunzi be.

Rumaga washyizeho hanze icyo yita umuzingo w’ibisigo bitandukanye yakoranye n’abahanzi batandukanye bakomeye mu Rwanda.

Kuri uyu munsi yateguje abakunzi ko agiye gushyira hanze igisigo gishya yakoranye n’umuhanzi Alyn sano ndetse hazagaragamo amwe mu mashusho adasanzwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Migi yahaye ubutumwa bukomeye Haruna Niyonzima mbere y’umukino na Ethiopia bitera abantu kwibaza byinshi

Rugaju Reagan nyuma yo kubona imyitozo ya mbere ya Moussa Camara yakoze ikintu benshi batangira kwibaza niba afana Rayon Sports bikomeye