in

KNC yari akumbuye insinzi! Abafana ba Gasogi United barimo na Perezida wayo KNC na mugenzi we Mutabaruka bagaragaje akanyamuneza muri sitade nyuma yo gutsinga APR FC – AMAFOTO

Mbere yo kwakira Pyramids, APR FC itarimo abakinnyi bahamagawe mu makipe y’ibihugu byabo, yipimye kuri Gasogi United birangira ihaguye.

Wari umukino wa gushuti wabaye kuri iki cyumweru tariki 10 Nzeri 2023, warangiye Gasogi United itsinze APR FC igitego 1-0, cyatsinzwe na Theodore Malipangou.

Kuri uyu mukino abafaba ba Gasogi United bishimiye iyi insinzi kugeza no kuri Perezida w’ikipe KNC ndetse na mugenzi we perezida w’abafana Angel Mutabaruka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda utatse ibyiza koko! Ubwiza n’imiterere bya Pascaline wahize abandi mu kuba ateye neza mu irushanwa rya Miss Rwanda biratangaje cyane – Amafoto

Ibi nibyo umunyaRwanda yise kurengwa! Burna Boy yatangaje inkuru itari nziza ku bantu bose bakundaga indirimbo ze ahita atangaza ibintu agiye gukora bihabanye n’umuziki