in

KNC yamaze kwakira muri Gasogi wamwana w’imfubyi witwa Cedric watsindiye kujya mu kademi ka Buyen Munich akirengagizwa, yahawe ibikoresho bijyanye n’umwanya akinaho ndetse bamukoreye ikindi gikorwa cyashimwe na bantu bose

Perezida wa Gasogi United KNC yakiriye Iranzi Cedric, watsindiye kwinjira muri Academy ya Bayern Munich akirengagizwa,  uyu mwana azajya akinira Gasogi y’abato.

Yakiriwe mu ikipe n’Umutoza Mukuru w’Abanyezamu Jean Claude Maniraguha n’Uhagarariye Siporo muri APAER, Khan Uwineza.

Uyu mwana yahawe ibikoresho by’ibanze by’imyitozo harimo GA, inkweto n’imyambaro. Ndetse uyu mwana yahise ajyanwa ku ishuri nkuko abandi bana bajyanwayo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
JADO Nika
JADO Nika
11 months ago

KNC n’umuntu ushyira mugaciro kbx azi imvune z’ubupfubyi Sha.

Bugesera! Habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka itwara abagenzi yarenze umuhanda igonga inzu maze umushoferi ahita akora igikorwa cy’ubugwari kandi aziko atwaye abantu -AMAFOTO

“Bitabaye ibyo ndatangira kuririrmba” Shaddyboo nyuma yo kubona ibyo Meddy yavuze bikamukora ku mutima yahise avuga ko agiye kwinjira mu muziki Meddy ntadasohora indirimbo