in

KNC yageneye abakinnyi ba Gasogi utd ubutumwa bukomeye||Menya APR FC iza kubona nk’ibyo yaboneye I musanze

Perezida wa Gasogi utd KNC yasuye abakinnyi mu myitozo yabo ndetse aza kubaha ubutumwa bukomeye mbere yo guhura na APR FC igifite umushinya wo kuganya na Rayon Sport.

Mu magambo yabwiye abakinnyi ba Gasogi ko batuza bakitegura APR FC kuri we afata nk’ikipe isanzwe bityo abasaba kwitwara neza imbere yayo ndetse bagakina nkuko bakina na makipe yose.

Kuri uyu wa gatandatu nibwo hateganijwe umukino wa Gasogi utd na APR FC umuyobozi wa Gasogi asanga kuyiitsinda nta gitangaza kirimo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abagore bafite ikibuno kinini byagaragaye ko hari ibyo barusha abananutse

Rwanda: yafashwe yambaye ikariso gusa ari kumwe n’umugore w’abandi. Impamvu yatanze iratangaje