in

KNC yabajyanye ku ishuri! Abakinnyi ba Gasogi United basubiye ku ntebe y’ishuri – AMAFOTO

Abakinnyi b’ikipe ya Gasogi United ya Kabiri bose basubiye ku ntebe y’ishuri gutangira umwaka w’amashuri wa 2023-2024.

Iyi kipe y’umuherwe, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC kubera ko abakinnyi bayo bakiri abanyeshuri yabajyanye kwiga mu kigo kimwe cya APAER Kabuga.

Ndetse kandi KNC niwe uzajye ubishyurira amafaranga yose y’Ishuri kuko bakinira ikipe ye ya Kabiri ya Gasogi United.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inzu yubakiwe Ntacyombonye w’i Rubavu kubera atishoboye ikomeje guteza inkeke ko ishobora kumugwaho itamaze kabiri

Ubwiru muri Miss Rwanda igiye kugaruka mu isura nshya aho azajya hatorwa ba Miss ba buri Ntara igize u Rwanda