in

KNC ingamba ze zishobora kugerwaho! Ikipe ya Rayon Sports izakina na Gasogi United idafite abakinnyi babiri bakomeye

KNC ingamba ze zishobora kugerwaho! Ikipe ya Rayon Sports izakina na Gasogi United idafite abakinnyi babiri bakomeye

Ikipe ya Rayon Sports iraza gukina na Gasogi United idafite abakinnyi babiri bakomeye.

Ku munsi wejo kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023, ikipe ya Rayon Sports iraza gkina n’ikipe ya Gasogi United ku isaha ya saa Moya z’ijoro.

Uyu mukino wakaniwe cyane n’ikipe ya Gasogi United binyuze kuri Perezida wayo KNC, watangaje ko agomba gutsinda Rayon Sports kugirango yihorere ndetse anahorere ikipe ya APR FC iheruka gutsindwa.

Nyuma yaho amakipe yombi amaze igihe yitegura uyu mukino ikipe ya Rayon Sports irakina na Gasogi United idafite abakinnyi babiri barimo Nsabimana Aimable twamenye ko afite ikibazo k’imvune ndetse na Mugisha Francois Masta wasezeranye mu mategeko.

Uyu mukino urabera kuri Sitade ya Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa gatanu ku isaha ya saa Moya z’ijoro. Ibiciro byo kwinjira ni ibihumbi 7, ibihumbi 15 ndetse n’ibihumbi 25.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu we zavuyeho: Sheebah Karungi mu myambaro igaragaza ibintu bihishwa na benshi yamanitse akaguru kamwe mu bicu maze yerekana icyo arusha Abagandekazi -IFOTO

“Genda Bruce Melodie uratwika”: Umuhanzi Bruce Melodie yagaragaye yahuje urugwiro n’umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Davido wagira ngo aba bombi basanzwe baziranye -AMASHUSHO