in

“Genda Bruce Melodie uratwika”: Umuhanzi Bruce Melodie yagaragaye yahuje urugwiro n’umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Davido wagira ngo aba bombi basanzwe baziranye -AMASHUSHO

“Genda Bruce Melodie uratwika”: Umuhanzi Bruce Melodie yagaragaye yahuje urugwiro n’umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Davido wagira ngo aba bombi basanzwe baziranye.

Umuhanzi Davido uri mu Rwanda aho yaje gutaramira abazitabira igitaramo gisoza Giants Of Africa yagaragaye ari kumwe n’umunya Rwanda Bruce Melodie nawe uzasusurutsa abazitabira iki gitaramo aho baganira bahuje urugwiro, uyu kandi yari kumwe n’umusore ukunzwe cyane mu Rwanda Producer Element.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC ingamba ze zishobora kugerwaho! Ikipe ya Rayon Sports izakina na Gasogi United idafite abakinnyi babiri bakomeye

Bashobora kuba hari kintu bizeye: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC izesurana na APR FC bageze mu Rwanda ibintu babigize urwenya -AMASHUSHO