“Genda Bruce Melodie uratwika”: Umuhanzi Bruce Melodie yagaragaye yahuje urugwiro n’umuhanzi ukomeye cyane ku Isi Davido wagira ngo aba bombi basanzwe baziranye.
Umuhanzi Davido uri mu Rwanda aho yaje gutaramira abazitabira igitaramo gisoza Giants Of Africa yagaragaye ari kumwe n’umunya Rwanda Bruce Melodie nawe uzasusurutsa abazitabira iki gitaramo aho baganira bahuje urugwiro, uyu kandi yari kumwe n’umusore ukunzwe cyane mu Rwanda Producer Element.
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
DisagreeAgree
I allow to create an account
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.