in

Kizigenza wa APR FC Taddeo Lwanga yabonye batarinzwe asaba uburinzi bw’isumba byose kugira ngo barebe ko bakivugana Pyramids yazanye igikabyo

Kizigenza wa APR FC Taddeo Lwanga yabonye batarinzwe asaba uburinzi bw’isumba byose kugira ngo barebe ko bakivugana Pyramids yazanye igikabyo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yakoze yitwa Twitter, Taddeo Lwanga yiyambaje Uwiteka asaba ubufasha bwe.

Nyuma yo gushyiraho amafoto ye, yanditse ati: “Mana duhuze umugisha kandi uturinde.”

Ibi yabyanditse mbere y’uko bahura n’ikipe ya Pyramids FC.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa riturutse muri APR FC rireba buri mufana wese wigomwe ikilo cy’inyama akagura itike yo kureba ikipe ye yesura Umwarabu

“Tinyuka urashoboye” Juwayeze uri mu rukundo na Juno Kizigenza yagaragaye ari kuririmba indirimbo y’umukunzi we maze bituma bamwe kamere izamuka kubera ijwi rye – ViDEWO