in

Kiyovu Yakangutse: Urucaca rwasinyishije umunyamahanga wa gatatu

Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yasinyishije rutahizamu BRIAN KALUMBA wavuye mu ikipe ya Vipers United. Uyu rutahizamu yasinye imyaka itatu.Uyu Kandi baje akurikira abakinnyi babiri yari yaraye asinyishije barimo umukinnyi ukina mu izamu ukomoka mu gihugu cya Uganda witwa Kaylow Emmanuel wakinaga mu ikipe ya BIDCO BUL FC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Uganda.
Umukinnyi wa kabiri batangaje yitwa Obedia Mike Freeman ukomoka muri Liberia, bombi basinye amasezerano y’imyaka 3.
None basinyishije n’umukinnyi wa Gatatu.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Abahungu b’Ikigali nyamara ubanza bafite urukundo” Haragaraye umusore w’ikigali wihebeye Vestine kugeza n’aho amwishushanya ho(Tatto) AMAFOTO 

APR FC yasinyishije umuzamu mushya