in

Kiyovu Sports yikoreye ishyano maze Murera ibigenderamo: Kiyovu nyuma yo gutsinda AS Kigali bahise bayitwara rutahizamu wari ngenderwaho maze bikuza umunyamahanga wa Rayon wakundwaga cyane n’abafana -AMAFOTO

Kiyovu Sports yikoreye ishyano maze Murera ibigenderamo: Kiyovu nyuma yo gutsinda AS Kigali bahise bayitwara rutahizamu wari ngenderwaho maze bikuza umunyamahanga wa Rayon wakundwaga n’abafana.

Ikipe ya AS Kigali nyuma y’uko itakaje abakinnyi bayo bakomeye cyane ndetse ikaza no gutsindwa na Kiyovu Sports ku munsi wa kabiri wa shampiyona ya Rwanda Premier League yahise ifata umwanzuro wo gusinyisha abakinnyi babiri babiciye bigacika muri Rayon Sports na Kiyovu Sports.

AS Kigali yasinyishije rutahizamu ukomoka muri Uganda witwa Elisa Ssekisambu wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports umwaka ushize w’imikino uyu rutahizamu yinjiranye muri iyi kipe n’umukinnyi wakiniraga Rayon Sports ukina hagati mu kibuga wita Raphael Olise Osaluwe wo muri Nigeria.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gakanzu kagaragaza ubwiza bwe n’imiterere ye Uwera Judith yagize icyo yifuriza abakunzi be -IFOTO

Rayon Sports yarakaye ishaka guca agasuzuguro: Murera itangaje abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga gusa yahisemo gukora impinduka kugira ngo inyagire Gorilla FC