in

Kiyovu Sports nyuma yo kumva amagambo arimo kuyivugwaho yahise isinyisha umukinnyi wakoze ibitangaza muri Rayon Sports kugirango azaturishe KNC

Kiyovu Sports nyuma yo kumva amagambo arimo kuyivugwaho yahise isinyisha umukinnyi wakoze ibitangaza muri Rayon Sports kugirango azaturishe KNC urimo kuvuga cyane

Umukinnyi wakiniraga ikipe ya Gasogi United w’umurundi Nizigiyimana Karim Mackenzie yamaze gusinyira ikipe ya Kiyovu Sports mu ibanga rikomeye cyane.

Hashize iminsi abanzi ndetse n’abakurikirana umupira w’amaguru hano mu Rwanda bavuga cyane kuri Kiyovu Sports nyuma yo gutsindwa na Bugesera FC ibitego 4 yarangiza ikongera igatsindwa na Rayon Sports ibitego 3.

Ubuyobozi bw’iyi kipe butarimo kumvikana kugeza ubu, bwahise bufata umwanzuro wo gusinyisha Mackenzie amasezerano y’umwaka umwe nyuma y’iminsi ntakipe afite ariko akora imyitozo muri iyi kipe.

Kiyovu Sports ikoze ibi nyuma y’amagambo ya KNC urimo kuvuga ko ashaka guhana iyi kipe mu mukino bafitanye muri iyi wikendi ku munsi wo kuwa gatanu w’umunsi wa 4 wa Shampiyona.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

NESA imaze gusubiza ibibazo ku bijyanye n’ukuntu amanota azabarwa ndetse n’uko abanyeshuri bazahabwa ibigo ku munsi w’ejo ubwo bazaba batangaza amanota

Aya magambo mube muyabitse ahantu: Umugabo uvuga rikijyana mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza amaze gutangaza ko iyi kipe izatwara igikombe cy’Isi kandi hari mpamvu ikomeye itumye abivuga