in

Kirehe: Umuforomo yatawe muri yombi azira gufata ku ngufu umubyeyi utwite wari waje amugana

Umuforomo yatawe muri yombi azira gufata ku ngufu umubyeyi utwite wari waje amugana

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umuforomo w’imyaka 46 ukorera ku Kigo Nderabuzima cya Mahama mu Karere ka Kirehe.

Uyu muforomo akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato, umubyeyi w’imyaka 23 wari ugiye kuhabyarira.

Ni icyaha bikekwa ko cyakozwe ku wa Gatanu tariki 23 Kamena 2023 aho iki Kigo Nderabuzima cya Mahama giherereye mu Mudugudu wa Kigufi, Akagari ka Kamombo, Umurenge wa Mahama mu Karere ka Kirehe, ukekwaho icyaha afungwa kuri uyu wa Gatandatu.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abagore bacira abana babo imyeyo kugira ngo bazaryohereze abagabo babo mu buriri, bahawe gasopo

Habaye impanuka ikomeye aho imodoka yahirimye ku mukingo ikagwa ku Bitaro by’Umurenge (AMAFOTO)