in

Killaman mu mvugo ya kirara abwiye amagambo Mama Nick wo muri City Maid maze yifata ku munwa(videwo)

Umukinnyi muri cinema nyarwanda Mukakamanzi Beatha uzwi muri filime ya City Maid ku mazina ya Mama Nick aba bombi bakunzwe n’abatari bake muri iyo filime y’abanyamugi ica kuri televiziyo Rwanda ndetse ikaba iterwa inkunga na Zacu tv ishinzwe amafime agiye atandukanye kandi akomeye hano mu Rwanda.

Uyu mu mama umaze kuba icyamamare mu myidagaduro nyarwanda kuko amaze kubaka izina, asigaye akina mu mafilime agiye atandukanye kandi akomeye ikindi kandi ajya yifashishwa mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda.

Gusa uyu mubyeyi hari filime nshya ari kugaragaramo ica kuri YouTube kuri shane ya Miss Nyambo. Akinamo ari umubyeyi wa Killer man ukina ari umurara gusa iyo bari kuganira amagambo Killer man akoresha ntabwo Mama Nick atumva neza bitewe n’uko ari imvuga ya kirara.

Reba videwo:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo:Ibi byo birenze ubunyamanswa umugabo yafashe abakobwa be ku ngufu kugeza babyaranye abana 5

Ifoto:Mu bugome bukabije reba uburyo umugabo yavunnye ukuboko k’uruhinja rw’amezi 2 aruziza ko rumusakiriza