in

Ifoto:Mu bugome bukabije reba uburyo umugabo yavunnye ukuboko k’uruhinja rw’amezi 2 aruziza ko rumusakiriza

Umugabo yavunye ukuboko k’uruhinja rw’amezi 2 aruziza kumubuza gusinzira.

Umugabo uzwi ku izina rya Confidence Amatobi yavunye ukuboko k’umwana we w’amezi abiri amuziza “kumubuza gusinzira.”

Ibi byabereye muri Leta ya Imo muri Nigeria ariko byateye benshi umujinya basaba polisi guhana bikomeye uyu mugabo.

Uku gukubita uyu mwana muto kwa Amatobi kwatumye avunika ukuboko ari nayo mpamvu imiryango itandukanye irimo n’uharanira uburenganzira bwa muntu isaba ko ahanwa bikomeye.

Ishyirahamwe ry’abanyamakuru b’abagore bo muri Nigeria (NAWOJ), na komisiyo y’igihugu ishinzwe uburenganzira bwa muntu (NHRC) bahamagariye guverinoma n’igipolisi cya Nijeriya (NPF) guhita bata muri yombi uyu mugabo.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Killaman mu mvugo ya kirara abwiye amagambo Mama Nick wo muri City Maid maze yifata ku munwa(videwo)

Nta mpuhwe: umugeni yibwe ibirongoranwa byose nyuma y’ubukwe bwe