in

Killa Man yahawe ifaranga na Televisiyo ikomeye hano mu Rwanda ayegurira ibihangano bye

Killa Man yahawe ifaranga na Televisiyo ikomeye hano mu Rwanda ayegurira ibihangano bye.

Killa Man yamaze gusinyana amasezerano na TV10 yo kuzajya itambutsa ibihangano by’uyu mukinnyi.

Mu bihangano izajya itambutsa harimo filime y’uruhererekane yitwa My Heart ndetse na filime z’urwenya zizwi nka Big Mind.

Nubwo ibyo bihangano byaguzwe, ntabwo bizareka kwerekanwa aho byacaga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yaruciye kigabo: Alex Muyoboke yeruye atangaza ikintu yifuza kubona Bruce Melodie na The Ben bakora

Uburyohe bwa ruhago muri Africa! Igikombe cy’Isi cya 2030 kizakirwa na kimwe mu bihugu by’ Africa