in

Kigali: umusore arashaka umukobwa w’imico myiza wamubera umugore||reba ibisabwa

Umusore utuye mu mujyi wa Kigali yaratwandikiye yifuza umukunzi .Uyu musore avuga ko umukobwa w’imico myiza uhuje n’ibyo asaba, azamufasha gusigasira urukundo rwabo rugakomera kugeza bashyingiranwe nk’umugabo n’umugore.

Uyu musore yagize ati:”Mwiriwe? Mbandikiye nshaka umukunzi.Nitwa AIME, ndi umusore, imyaka ni 33, ntuye kimironko muri kigali, ndi umwubatsi w’amazu, sinigeze umugore, mfite amashuri 6 yisumbuye, nshyira mu gaciro nkanatega amatwi uwo tuganira, nta gakoko ka HIV mfite, none nkaba nifuza umukunzi twapanga tugahita tunabana akaba afite izi quality:

1. Imyaka 35 kuzamura
2. Amafaranga 3. Akazi keza 4. Adafite agakoko ka HIV
5. Ari mwiza (ateye neza bigaragara)
6. Afite gahunda yo kuba yahita ashinga urugo .

Uwumva yujuje ibi bintu bitandatu yampamagara kuri numero yanjye 0790291617 .Murakoze! “

Niba na we wifuza umukunzi ushobora kutwandikira kuri numero ubona hano hasi.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

« Nzahorana nawe umutima wanjye urawufite… » – Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yongeye kugaragaza amarangamutima ye

Inkuru nziza ku bakunzi ba Nyaxo comedy