in

Kigali uburyohe buracyakomeje ubu hagiye kuza undi muhanzikazi w’icyamamare wo muri Nigeria

Mu Rwanda i Kigali abanyamahanga muri iyi weekend bari benshi, harimo abari bitabiriye inama y’urubyiruko hajemo abarenga ibihumbi 8 gusa yarangiye ejo kuwa 15 Ukwakira.

Iyi nama hajemo ibyamamare bigiye bitandukanye twavuga nka Patoranking wanataramiye abantu i Kigali igitaramo cyabereye mu Ntare Arena.

Ntitwakibagirwa ibyamamare mu guconga Ruhango nka Jimmy Gatete ndetse n’abandi bakanyujijeho nk’umunyamakuru kuri Canari plus wanakinnye umupira witwa Patrick Mboma.

Uburyohe buracyakomeje ubu hagiye kuza undi muhanzikazi w’umunya Nigeria Ayra Star ufite indirimbo igezweho yitwa ‘Rush’ ikunzwe n’abatagira ingano, ategerejwe i Kigali, aho agiye gutaramira ku nshuro yambere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

FC Barcelona idandabirana irabasha kwikura mu menyo ya Real Madrid _amateka avuga iki?

Umusore yateye indobo sheri we amwandikira ibaruwa irimo amagambo akomeye