in

Kigali -Nyarugenge; Hatembye umuvu w’amaraso mu mpanuka y’imodoka yaritwaye abantu 12 bo mu muryango umwe

Imodoka yari itwaye abantu 12 yataye umuhanda ubwo yari igeze mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, batandatu mu bari bayirimo bahita bahasiga ubuzima, batanu barakomereka.

Iyi mpanuka yabereye mu muhanda ugana ahitwa Norvège ahagana saa Yine n’iminota itanu z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 2 Nzeri 2023.

Iyi modoka yaritwaye umuryango umwe warugiye gusura bene wabo mu karere ka Kamonyi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze; Habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka yo mubwoko bwa HoWo yahirimye mu muhanda igwira izindi modoka

Ku butaka bwa Rusororo hatembaga umuvu w’amarira y’abitariye igikorwa cyo kunamira nyakwigendera Jay Polly -AMAFOTO