in

Kigali -Nyabugogo habereye impanuka iteye ubwoba aho imodoka nini itwara imyanda yagonze abantu n’izindi modoka enye zari aho hafi mu muhanda rwagati -AMAFOTO

Ikamyo itwara ibishingwe yagonze abantu n’izindi modoka i Nyabugogo ubwo yamanukaga mu muhanda iva Kimisagara, batatu bakomeretse bikomeye bahita bajyanwa kwa muganga, abandi benshi bakomereka byoroheje bitabwaho aho impanuka yabereye.

Iyi mpanuka yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 9 Kanama 2023, ubwo iyi kamyo itunda ibishingwe yagonze imodoka enye zo mu bwoko bwa ‘voiture’, abari bazirimo n’abaguraga ibikoresho by’ubwubatsi iruhande rw’umuhanda barakomereka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imyenda isigaye igenda izamuka buri kanya! Uwicyeza Pamela kubera imiterere y’ikibero cye byatumaga umwenda w’imbere uzamuka nawe akarwana no kuwumanura -AMAFOTO

Kigali – Nyarugenge: Amarira ni menshi ku baturage basanze umwana w’umukobwa w’imyaka mike cyane yiyahuye bababazwa n’impamvu yamuteye kwiyahura