in

Kigali murabe maso abajura dore abajura bavuye kuminuza! Mike Karangwa aratabaza ndetse anaburira abaturage bagenzi be nyuma yo kwibwa yiryamiye

Kigali murabe maso abajura bavuye mu ishuri ry’amayeri mashya! Mike Karangwa aratabaza ndetse anaburira abaturage bagenzi be nyuma yo kwibwa yiryamiye .

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati: “Aho mutuye nimukaze ubwirinzi kuko abajura bongeye kubura umutwe. Iri joro banteye basimbuka urupangu batwara TV n’ibindi bikoresho ariko nizeye ko @RIB_Rw – @NyarugungaO izabamfatira bidatinze. Ababishoboye mushake imbwa z’amakare cg camera kuko ntibyoroshye. Twirinde!”

Akomeza avuga ko bakoresheje amajeki na fer a beton.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Josuwimana
Josuwimana
1 year ago

Ubundi birabujijwe kuraza TV muri salon.
Camera ntacyo yagufasha cne.Nakugira inama yo gushyiraho ama sensors ashobora kumva movement y’umuntu utambuka iwawe uryamye.Twe nibwo buryo bwadufashije kdi birafasha cyane.
Harabagufasha baziguha bakanagukorera installation yazo.

Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange igonze umugore wirukaga ahunga umugabo we wari kumukubita

Ubwiza bwe bari kububyaza umusaruro! Abatubuzi bakomeje gukoresha ubwiza bwa Pamella bagatuburira abantu