in

Kigali ikomeje kugirwa nka Paradizo: Mu mujyi wa Kigali hari kubakwa umuhanda udasanzwe uri no gushyirwa mo itapi(AMAFOTO)

Kigali ikomeje kugirwa nka Paradizo: Mu mujyi wa Kigali hari kubakwa umuhanda udasanzwe uri no gushyirwa mo itapi(AMAFOTO)

Umujyi wa Kigali ukomeje gukora ibishiboka byose kugira ngo urimbishe uyu mujyi cyane ko uza mu mijyi ya mbere ifite isukumuri Afrika.

Kuri ubu ahazwi nko kuri Golf Club mu karere ka Gasabo hari kubakwa umuhanda uri no gushyirwamo itapi ukazajya wifashishwa n’abantu bari gukora siporo.

Uyu muhanda uri kubakwa ureshya na kilometero 2,4 uzenguruka ikibuga cya Golf giherereye i Nyarutarama.

Uyu muhanda watangiye gukoreshwa ho kuko ikilometero cya mbere cyarangiye, ndetse bakaba bagikorera ko siporo. Uyu muhanda uri mu byiza bitatse umujyi uzajya ucungwa n’Umujyi wa Kigali ari nawo uzagena ikoreshwa ryawo.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imana ibashyire mu bayo: Habaye impanuka iteye ubwoba y’ubwato ihitana imbaga y’abantu abandi baburirwa irengero

Ni ryari umuntu aba afite amaso ane? (Soma Igisubizo)