in

Kigali: Hari ruhurura yambuka umugabo igasiba undi dore ko kuyambuka bisaba kwitendeka ku migozi -Videwo

Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyamirambo hari ruhurura ihangayikishije abaturage bitewe n’ukunu yangiritse bikomeye cyane.

Iyo ruhurura ihuza umurenge wa Nyamirambo na Kigarama aho abaturage bayambuka bitendetse ku migozi.

Iyo ruhurura Kandi ngo imaze imyaka irenga 10 itarubakwa aho imaze gutwara amazu y’abaturage ndetse n’imirima yabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa basketball ukomeye ku isi Forbes Bryn yatawe muri yombi

Ngibi ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze gufatwa n’indwara yo kwishimagura mu myanya y’ibanga y’abagore izengereza benshi