in

Kigali/Godiyali: Abacuruza utubari n’abakiriya babo bashyamiranye na Polisi na Dasso ahagana i saa tanu z’ijoro ubwo bari baje kubafungisha (VIDEWO)

Kigali/Godiyali: Abacuruza utubari bashyamiranye na Polisi saa tanu z’ijoro ubwo yari ije kubafungisha.

Mu mashusho akomeje kuzenguruka ku rubuga rwa Twitter, yerekana abashinzwe umutekano (Polisi na Dasso) bari kwirukanwa n’abacuraza utubari bafatikanyije n’abakiriya babo.

Mu mashusho, abantu baba babwira Polisi ko itari bubafungire ari nako umwe muri aba ari gufata amashusho avuga ko araza kuyashyira kuri Twitter.

Aya Mashusho yafatiwe ahazwi nka Good Year (Godiyali) muri Kigali ubwo abacuruza ibizwi nk’akabari bashyamiranye na Polisi aha hari ku isaha ya saa tanu z’ijoro nk’uko babyivugira.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben nyuma y’amateka yakoreye mu Burundi, yanafashije umuhanzi ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo kongera kubonana n’inkumi y’uburanga yari akumbuye bishimana bidasanzwe [Amafoto]

Abarundi bajagajwe n’imiterere n’ikimero cya Miss Uwicyeza Pamella wari wagiye gushyigikira umugabo we The Ben (AMAFOTO)