in

Kigali! Aka kanya habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi rusange izwi nka ‘Shirumuteto’

Mu mujyi wa Kigali ahazwi nko kuri Péage habereye impanuka ya bisi itwara abagenzi ya kompanyi KBS(izwi nka shirumutete).

Ababonye iyi mpanuka bavuga ko iyi bisi ishobora kuba yabuze feri hanyuma umushoferi agahitamo kuyigonga ku mukingo kugira ngo ihagarare.

Umuhanda uva unajya mu mujyi unyuze kuri Péage ubaye ufunzwe. Ntiharamenyekana niba hari abagenzi bakomerekeyemo cyangwa bagiriyemo ikindi kibazo.

Andi makuru kuri iyi mpanuka turayabagezaho turi kuyakurikirana.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy yatangiye gutegura ‘Passport’ iza i Kigali! Ubukwe bwa The Ben na Pamela bwatangiye guhumura

Mu ibanga rikomeye cyane! Amashusho y’ubukwe bw’umuherwekazi Zari Hassan n’umugabo we Shakib arusha imyaka 12 yagiye hanze nubwo babukoreye mu bwihisho – VIDEWO