in

Kicukiro: Umusore w’igisambo yarwanye n’umugabo ku manywa izuba ricanye nyuma yo kumwiba akamufata [videwo]

Kicukiro: Umusore w’igisambo yibye umugabo ku manywa izuba ricanye bituma bafatana abaturage barashungera.

Mu mashusho ari kuri X, Umusore yafatanye n’umugabo yari yibye hafi y’isoko rya Miduha.

Iyo mirwano yahuruje imbaga y’abaturage bari baje gukiza abo bari bari kurwana.

Abaturage bavuga ko muri ako gace harimo umutekano muke kubera abasore biba abaturage ku manywa izuba ricanye.

VIDEWO

https://twitter.com/Rameshnkusi/status/1725796016627077176?t=NSqavp5ucZNHVkaxWjNBzQ&s=19

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho abahungu baragira! Miss Kayumba Darina yakoze ibisa nko gushotora abagabo abereka ibyo bakunda -AMASHUSHO

Titi Brown yavuze ikintu gikomeye Yago yamukoreye bigatuma yiyakira muri gereza kuko yari yariyanze kugeza n’aho yenda no kwiyahura