in

Kicukiro: Abantu bashungereye imodoka ifashwe n’inkongi y’umuriro muri iki gitondo (AMAFOTO)

Kicukiro: Abantu bashungereye imodoka ifashwe n’inkongi y’umuriro muri iki gitondo.

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya inkongi no kuzizimya, ryagerageje kuzimya iyi modoka iri mu bwoko bwa Toyota ariko birangira ihiye irakongoka.

Byabereye mu Gatenga muri Kicukiro mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Nzeri 2023.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe bashobora kuzayikinira: Dore urutonde rw’abana 10 bakiri bato bagiye kujya mu Budage kurya ku mafaranga y’ikipe ya Bayern Munich

Umukinnyi wa APR FC wari witezweho gukora ibitangaza niwe benshi bakomeje gushinja kwitwara nabi biviramo iyi kipe kutabona intsinzi yari iyikwiye