Bamwe bashobora kuzayikinira: Dore urutonde rw’abana 10 bakiri bato bagiye kujya mu Budage kurya ku mafaranga y’ikipe ya Bayern Munich.
Nyuma yaho ikipe ya Bayern Munich igiranye amasezerano n’igihugu cy’u Rwanda mubijyanye n’ubukerarugendo hakozwe ijonjora ry’abakinnyi 10 bari hagati y’imyaka 14-16 bagomba kwerekeza mu gihugu cy’u Budage.
Aba bana uko ari 10 bazitabira umwiherero w’abana bo mu irerero ry’ikipe ya Bayern Munich uzabera mu Budage kuva tariki 18 kugeza 23 Ukwakira 2023.
Urutonde:
