in

Kibonko yafashe Papa Sava asambana|Umva udukoryo twabo dusekeje.

Niyitegeka Gratien na Kibonke Clapton ni abanyarwenya bamaze kubaka izina rikomeye muri iki gihugu, bitewe na Filime zisetsa bagaragaramo.Muri Filime ya Seburikoko aba bagabo bakunze guhuriramo , niho Kibonke ahamya ko yafashe Gratien (Sebu)asambana.

Mu kiganiro bagiranye na Chita Magic TV, bavuze tumwe mu dukoryo bagira iyo barimo gukina filime.Niyitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava, n’andi mazina menshi  nka Seburikoko, yavuze ko Kibonke muri filime akina afite imico yumusore ujarajara mu bakobwa  ,kandi ugira udufuti twinshi n’amagambo menshi(ubujajwa) Ati:”Kibonke akina ari umusore ujagaraye ,akagira n’utugambo ,ariko ni umuhanga cyane, umubwira icyo ari bukine,ubundi agahita agikina neza,nkunda uburyo akinamo.”

Kibonke na we yavuze kuri Seburikoko, avuga ko yigeze kumufatira kwa Rulinda yagiye gusambanayo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi yiguriye isanduku azahambwamo,anatangaza ko afite amatsiko y’umunsi azapfiraho.

Akamaro ushobora kuba utazi ko gukoresha ibishishwa by’indimu.