in

Keza Terisky bikekwa ko atwite inda ya The Trainer bakanyujijeho yamwibasiye amwibutsa ko yibagiwe inshingano ze nk’umugabo

Keza Terisky bikekwa ko atwite inda ya The Trainer bakanyujijeho yamwibasiye amwibutsa ko yibagiwe inshingano ze nk’umugabo.

umunyamideli Keza Terisky wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga, aherutse gusangiza abakunzi be amafoto akuriwe ubona ko yiteguye kwibaruka imfura ye.

Gusa n’ubwo yasangije abantu aya mafoto, ntiyigeze agaragaza cyangwa ngo asangize abantu Se w’uyu mwana yiteguye kwibaruka cyane ko agaragaza ko amwishimiye cyane.

Mu magambo yateye abantu kumva ko yababajwe n’ibyo The Trainer yamukoreye, Keza yavuze ko umugabo wese yabyara ariko umugabo nyawe ariwe warera (Yakoresheje amagambo akakaye).

Yagize ati: ”Umugabo wese yakwibaruka, ariko umugabo nyawe niwe wabasha kurera uwo yibarutse.”

Uku gutwita kwa Keza kuje gukurikira inkuru y’urukundo rwe na The Trainer rwaje kugera ku ndunduro bagatandukana. Ni nyuma y’uko muri Mata uyu mwaka bari batangiye urugendo ruganisha ku kubana.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Bruce Melodie ateye incuro The Ben

Assia usigaye uba muri America n’umugabo we yavuze ko abatekereza ko muri America ari mu Ijuru bibeshya cyane(videwo)