in ,

Kevin Kade na Bushali bakoresheje amafoto y’abagabo babiri bambaye ubusa mu guteguza indirimbo yabo ! (ifoto)

Mu ifoto iteguza indirimbo ye Kevin Kade yakoranye na Bushali, hagaragaye abagabo babiri bambaye uko bavutse bahishe ubugabo bwabo ahandi hose nta mwambaro uhahishe. Benshi mu bakurikirana umuziki nyarwanda abakomeje kwibaza kuri uyu muvuno abahanzi benshi bakomeje gukoresha wo gukoresha amashusho agaragazaz umubiri wose ntagihishwe.

Ku mbuga nkoranyambaga, iyi foto ikomeje kuvugwaho byinshi bitandukanye aho ku rubuga rwa twitter umwe mu banyamakurukazi bakunzwe, Aissa yagize icyo atanggaza kuri iyi foto iteguza iyi ndirimbo:”Abantu bavugiraga umuco wacitse ku bahanzi ko batagikoma byagenze gute ? Cyangwa nabo barayobotse ? This 2022 hazaca ukase !”

Ifoto :

Benshi batanze ibitekerezo byinshi bitandukanye(ca kuri link wisomere ibitekerezo byatanzwe !)

 

 

Written by Mike Mugisha

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.: +250 781 994 990

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hazima uwatse: ibyo Ariel Wayz akoreye Juno Kizigenza noneho ni agahomamunwa.

Ariel Wayz ashyize hanze ukuri kose kucyo yapfuye na Juno Kizigenza bakundanaga (Amafoto)