in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

kerakabaye ubukwe bwa Fils mwakunze muri film nyarwanda bwatashye(Amafoto)

Nyuma y’igihe kinini benshi bahakana ubukwe bw’umukinnyi wa filime nyarwanda Fils kuri ubu yakoze ubukwe n’umukunzi we bamaze igihe kinini bari mu rukundo .

Mu bukwe bwa fils gufata amashusho ntabwo byari byemewe usibye bake mu banyamakuru bemerewe gufata amashusho dore ko hari abagabo bibigango (bouncers) bakumiraga abantu cyane.

Fils nakanyamuneza ku maso yabwiye umunyamakuru ko yishimiye gukora ubukwe dore ko ari umunsi uba rimwe mu buzima ariyo mpamvu yanze ko ibitangaza makuru byinshi biza mu bukwe bwe .

Umubyeyi wa Fils yatangarije umunyamakuru ko yishimiye ubukwe bw’umuhungu we kuri we nubwo yapfa ngo yaba yishimye kubera ko umuhungu yamweretse ibirori.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC wagaragaye akikiye ingwe yabaye ikiganiro kuri Twitter

Urukundo ruraryoshye hagati ya wa musore wambitse impeta Miss Mwiseneza n’umukunzi we mushya||mbega imitoma!(AMAFOTO)