in

YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE

Urukundo ruraryoshye hagati ya wa musore wambitse impeta Miss Mwiseneza n’umukunzi we mushya||mbega imitoma!(AMAFOTO)

Nyuma y’umwaka n’amezi atatu umusore witwa Tuyishimire Christian asabye Miss Mwiseneza Josiane ko yazamubera umugore agahita amwambika n’impeta ya fiancaille, kuri ubu uyu musore ari mu munyenga w’urukundo nundi mukobwa bitegura gukora ubukwe.
Ku ya 15 Kanama 2020 nibwo Christian yateye ivi yambika Miss Josiane impeta amusaba ko yazamubera umugore
Uyu musore Christian kuva yatandukana na Josiane ntagisiba kugaragaza amarangamutima ye agaragaza urwo akunda umukunzi we bivugwako bamaranye imyaka itanu bakundana.

Abantu benshi bakomeje kwibaza uburyo Christian yakundanye n’uyu mukobwa witwa Anna imyaka 5 kandi muri iyo myaka itanu ari nabwo yambitsemo impeta Miss Josiane.

Kuri ubu imitoma iravuza ubuhuha hagati ya Christian n’uyu mukobwa.Mu mafoto uyu musore ahertse gushyira hanze bigaragagara ko bagiye kuryohereza ku mazi arikukumwe n’uyu mukunzi we mushya yasimbuje Josiane yagize ati “Uri impamvu yanjye yo kubaho, uri umwuka wanjye, uri ubuzima bwanjye”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

kerakabaye ubukwe bwa Fils mwakunze muri film nyarwanda bwatashye(Amafoto)

Inkoko yakosoye umushinwa warurimo kurya ibiryo yahanishije (video)