in

Kera kabaye FERWAFA yakemuye ibibazo byahoraga hagati ya Rayon Sports n’andi makipe!

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryandikiye amakipe yose akina ikiciro cya mbere cya Championa riyamenyesha amabara akwiriye kujya yambara.

Imyambaro ikipe ya Rayon Sports izajya yambara

Ibi bikemura impaka zahoraga hagati ya Rayon Sport n’andi makipe barwanira kwambara ibara ry’ubururu.
Imyambaro ikipe ya AS Kigali izajya yambara

Nk’uko bigaragara mu itangazo Rayon Sport n’iyo izajya yambara ubururu gusa yakiriye Imikino yayo mu gihe As Kigali yajyaga yigiza nkana itazongera kwambara ubururu.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo bazi ibyacu: Cristiano Ronaldo yasubije abavugako agiye gutandukana n’umugore we muri Saud Arebia -AMAFOTO

The Trainer yashyize ukuri hanze ku mwana Keza Terisky atwite