in

NdabikunzeNdabikunze

Kecapu yambitswe impeta n’umudiaspora||akunda amafaranga cyane||iby’ubukwe bwe

Nelly wamenyekanye muri Filime y’uruhererekane ya Bamenya yatangaje ko nta mpeta yambitswe n’umusore uba mu mahanga nk’uko byavugwaga ndetse ahamya ko badafite n’ubukwe.

Ni mu kiganiro yagiranye na Big town Tv aho yabazwaga kuvuga ku makuru amaze iminsi avuga ko yambitswe impeta n’umusore uba i Burayi. Ibi byaje nyuma y’ifoto uyu Kecapu yashyize ku mbuga ze nkoranyambaga, yambaye impeta ku rutoki.Kecapu yavuze ko iriya mpeta ari impano yahawe n”uwo musore ariko ko atigeze amuterera ivi kuko ari inshuti bisanzwe gusa avuga ko ari umusore mwiza ntawundi uteye nka we.Yavuze ko kandi badateganya ubukwe.Kecapu yongeyeho ko mu buzima busanzwe akunda amafaranga cyane ndetse akaba yakwemera gukora ibishoboka byose kugirango ayabone.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impamvu simusiga zitera kuribwa mu kiziba cy’inda

Umwana w’umuhanga kurusha abandi babayeho akomeje gutangaza benshi kw’isi (Amafoto)