in

Kayonza: Umusaza w’imyaka 62 yitabye Imana nyuma yo gusanga umugore we asambana n’abagabo babiri

Mu Murenge wa Kabare, Akarere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’akababaro y’umusaza w’imyaka 62 witabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye n’abantu basanzwe bazwi muri ako gace.

Nk’uko amakuru dukesha TV1 abivuga, uwo musaza bivugwa ko yasanze umugore we babanaga mu buryo butemewe n’amategeko, ari gusambana n’abagabo babiri mu rugo bari basanzwe babanamo. Ibi byabaye nyuma y’igihe gito uwo mugabo atangiye kubana n’uwo mugore.

Byavugwaga ko ubwo uwo musaza yabinjiraga akabafatira mu cyuho, abo bagabo bahise bamugabaho igitero gikomeye, baramukubita bikabije. Yahise ajyanwa ku kigo nderabuzima cya Kabare, ariko agezeyo abaganga bemeza ko yahise yitaba Imana.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC na Rayon Sports zigiye kongera gucanira ishusho y’umwaka w’imikino wa 2025/2026

Nyamasheke hafunzwe Restaurant 40 harimo izagaburiraga abarwayi n’abanyeshuri

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO