in

Kayonza: Imvubu zahanganye n’abaturage babiri bihagararaho kigabo

Abaturage babiri bo mu Mirenge ya Ndego na Murundi yo mu Karere ka Kayonza, bariwe n’imvuvu zirabakomeretsa harimo n’umwe zakomerekeje ku rutugu mu buryo bukomeye.

Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukwakira 2023, uwa mbere imvubu yariye ni umugabo wari urinze umurima we mu rwego rwo kwirinda ko imvubu zamwonera imyaka.

Uyu mugabo imvubu yamufatiye mu Murenge wa Ndego mu Kagari ka Kiyovu, aho we na mugenzi we bari baraye ijoro barinze imirima bahinzemo imyaka kugira ngo imvubu zitayona.

SRC: Igihe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro ku bakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana

Amashusho y’umubyinnyi Titi Brown wagejewe mu cyumba cy’iburanisha mu rukiko mu buryo buhishe