in , ,

Kayishema Tïty Thierry yavuze ikintu gitangaje azakora Arsenal niramuka itwaye igikombe

Umunyamakuru w’imikino ukomeye cyane hano mu Rwanda ndetse ukunzwe n’abatari bake, Kayishema Tïty Thierry yavuze ikintu azakora ikipe ya Arsenal niramuka itwaye igikombe cya shampiyona y’ubwongereza.

Uyu mugabo abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yasangije abamukurikira amafoto ye ya kera akiyogoshesha penke, aherekejwe n’amagambo agira ati “Arsenal nitwara primier league, njye nzasubizaho agapenke niyibutse ibihe”.

Ibyo yabitangaje nyuma yaho ikipe ya Arsenal itorohewe n’igitutu cya Manchester city bihanganiye igikombe cya shampiyona.

Ubu ikipe ya Arsenal ifite amanota 73 mugihe Manchester city ifite 67 kandi yo ifite ikirarane itarakina, birumvikana ko ikipe ya Manchester n’itsinda Arsenal ku mukino bafitanye, igatsinda n’ikirarane, izahita ifata Arsenal mu manota, kandi iyirusha Ibitego.

Ubwo ikipe ya Manchester city ifite amahirwe yo gutwara igikombe

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibitangaza biracyabaho: Umugore warumaze iminsi igera kuri 500 mu buvumo yavuyemo ari muzima

Mama Nick avuze ikintu cyamubabaje kurusha ibindi nyuma yo gukora impanuka